President Tshisekedi yagiye I Burundi gusaba President Ndayishimiye abandi basirikare bo kumufasha kurwanya M23, AFC/M23 igomba gufata ingamba zikakaye cyane.

Ikiyongereyeho President Tshisekedi yamaze gushyiraho inyundo yanyuma ko atazigera narimwe aganira na M23 Yagize ati; Ntiturivuguruza ku cyemezo cyo kutajya mu mishyikirano na M23 itari ikindi kitari u Rwanda rwiyoberanyije.
Sinzaganira na bo n’ubwo bakwigarurira igihugu cyose bakagera ku muryango w’aho ntuye.” M23, Nord Kivu, Sub Kivu zaba zihagije kuba abinginga. Goma na Sake byaba gasopo kuri Tshilombo.
Naho imiryango mpuzamahanga itagufasha ngo igucure iwanyu nta mpuhwe iba igufitiye.
Kuri Tshisekedi General Masunzu ni umucongomani ariko General Makenga ni umunyarwanda ba Nanga na President Bisimwa bose kuri we ni Abanyarwanda.
@REBERO.RW
