Umuvugizi w’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye yabwiye abanyamakuru ko umunyamabanga mukuru yishimiye ishyirwaho umukono ry’amasezerano hagati y’Ubwongereza na...
Politiki
Abasenateri bo muri Kongo-Kinshasa batoye gukuraho ubudahangarwa bw’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, bituma abashinjacyaha ba gisirikare bakurikiranwa...
Ku wa kane, guverinoma y’Ubwongereza yashyize umukono ku masezerano yo kwimurira ibirwa bya Chagos muri Mauritius nyuma...
Ku wa gatatu, Abanyafurika yepfo bagaragaje ko batengushye kandi bahangayitse nyuma y’inama itoroshye hagati ya Perezida w’Amerika...
Kuri uyu wa mbere, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze muri Amerika mbere yo guhura ku...
Martha Karua, umunyamategeko akaba n’umukandida ku mwanya wa perezida muri Kenya, avuga ko yirukanwe muri Tanzaniya, aho...
Umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum, hamwe n’ibice bikikije uwo murwa ubu nta mashanyarazi arimo kuva wa kane...
Kuri uyu wa gatatu, Perezida Donald Trump yageze muri Qatar, aho yakiriwe na emir uri ku butegetsi...
Ishyaka PDCI ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Cote d’Ivoire ryashyizeho ibiro 45 by’itora mu gihugu hose no muri...
Ku wa gatatu, perezida w’agateganyo wa Siriya, Ahmad al-Sharaa, yahuye na Perezida wa Leta zunze ubumwe za...
