Umuyobozi w’akarere ka Rusizi Dr Kibiriga Anicet aravuga ko ashimira umuryango nyafurika w’ivugabutumwa (AEE) ibikorwa bifatika umaze...
Amakuru
Ubuyobozi bwa GSFrank Adamson de Kibogora (GSFAK) , mu murenge wa Kanjongo,akarere ka Nyamasheke n’abanyeshuri bahiga, baravuga...
Mu rwego rwo kubungabunga umugezi wa Karundura no kuwurwanyaho isuri iwibasiye, umuryango mpuzamadiyoseze y’Abangilikani wita ku iterambere...
Nubwo ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe zikora kuri benshi mu nzego zitandukanye, ariko iyo bigeze mu rwego rw’ubuhinzi, abakora...
Umwepisikopi wa EAR/DIyoseze ya Cyangugu, Karemera Francis, ubwo yari ari mu bucidikoni bwa Gatare, mu kagari ka...
Abatuye umujyi wa Rusizi n’inkengero zawo barahamya ko biteguye neza kubyaza umusaruro ufatika andi mahirwe bahawe na ...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke burashimira umuryango Gurd-Rwanda ibikorwa byawo mu kugarurira icyizere cy’ubuzima bwiza abana b’abakobwa bahuye...
Umwepisikopi wa EAR/ Diyoseze ya Cyangugu Karemera Francis yasabye abakirisito b’iyi Diyoseze kwirinda abiyita abakozi b’Imana bakabasaba...
Ubuyobozi bwa kaminuza ya Kibogora polytechnic iri mu kagari ka Kibogora,umurenge wa Kanjongo,akarere ka Nyamasheke buravuga ko...
Kuva ku wa mbere tariki ya 16 Nzeri kugera ku wa 6 Tariki ya 21 Nzeri, ubuyobozi...
