Ku wa gatanu, umushinjacyaha mukuru w’iki gihugu yasabye igihano cy’urupfu uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, ukurikiranyweho adahari...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Kanama 2025, ni bwo hakomeje irushanwa “Inkera y’Abahizi”, hakinwa imikino...
Perezida Donald Trump yatangaje intsinzi ku murwa mukuru w’icyo gihugu, nyuma y’iminsi 10 atangaje ko leta yafashe...
Kuri uyu wa kane, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yongeye gusaba ko intambara ya Gaza ihagarara...
Kuva ku wa 18 kugera ku wa 22 Kanama,2025,mu karere ka Karongi harabera imurikagurisha n’imurikabikorwa ry’ibikorwa bitandukanye...
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rights Watch uvuga ko wakusanyije ibimenyetso bigaragaza ko inyeshyamba za M23...
AS Kigali na AZAM FC zatangiye zitsinda mu mukino w’Inkera y’Abahizi yaberaga kuri Kigali Pele bituma APR...
Umutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo washinje ingabo z’icyo gihugu (FARDC)...
Ishuri ryisumbuye rya ASPEK “ Institut Saint Aloys” ryiteguye neza umwaka w’ amashuri 2025 – 2026. Iri shuri...
Urubyiruko rwo mu murenge wa Muganza,akarere ka Rusizi ruravuga ko rwugarijwe n’ibiyobwenge,inda zitateguwe n’ingaruka zituruka mu makimbirane...
