ku bufatanye n’Ingabo na Polisi by’Igihugu, hatashywe ibikorwa byakozwe muri gahunda y’Ingabo na Polisi yo gufatanya n’abaturage mu iterambere ry’igihugu. Mu Karere hubatswe ibiraro 3, muri Murunda 2 na Mushubati 1, ku kayabo k’amafaranga y’uRwanda asaga miliyoni 41

Ku rwego rw’Akarere, igikorwa cyayobowe na Visi Meya Ushinzwe Ubukungu Bwana Uwizeyimana Emmanuel kibera mu murenge wa Murunda mu Kagari ka Rugeyo. Abaturage bashimiye uburyo Ingabo na Polisi bita ku mutekano wabo badasize iterambere inyuma.
Ni igikorwa cyashimishije abaturage ubwo cyafungurwaga kuko ni uburyo bwiza bongeye kubona buzarushaho gutuma bahahirana kandi bigatumba ibi biraro byongera gutuma abahinzi bageza umusaruro wabo ku isoko
Inkuru irambuye irabageraho nyuma


@Rebero.rw
